duhange.com / Nurturing Entrepreneurial Minds

            

“Kugura no kugurisha si intambara ahubwo ni ukumvikana ku giciro ntawusuzuye undi kuko umuguzi aba akeneye ikigurishwa naho umucuruzi aba akeneye amafaranga.”

-Emile NIYONZIMA


SUCCESS STORIES

Nyabihu: Gahunda ya Hanga Umurimo yatumye babasha kubaka Moteli

Binyuze muri gahunda ya Hanga Umuriro, Nkiko Jean De Dieu utuye mu murenge wa Jenda mu karere ka Nyabihu hamwe n’umugore we babashije kubaka Hotel...

Igitekerezo cya Byakunda Faustin cyahaye akazi abagera kuri 250

Byakunda Faustin ni umugabo w’imyaka 40, arubatse afite umugore n’abana batatu, nyuma yo kirambirwa kwandika amabaruwa asaba akazi, yagize...

Gakenke: Umugore wibana arihira abana 7 n’undi muri kaminuza kubera ubworozi bwe akora

Genevieve Mukanama w’imyaka 50, utuye mu Kagali ka Rusagara, Umurenge wa Gakenke ho mu Karere ka Gakenke akora ubworozi b’umwuga bumufasha gutunga...

Dell: yatangijwe kugishoro cya 600,000 FRW gusa!

Ese waruziko sosiyete ya DELL izwiho gukora za mudasobwa yatangijwe ku gishoro cya 600,000 FRW gusa? Sosiyete ya DELL ni imwe muri sosiyete...

Sabirul Islam : ku myaka 13 y’amavuko yatangiye akazi , yirukanwa nyuma y’ibyumweru 2, ibyo byatumwe yihangira ake none ntarongera gusaka akazi ukundi!

Sabirul Islam, ,yabyirukiye hafi y’umujyi wa London, mu Bwongereza. Mubyara we yaje ku muha akazi afite imyaka 13 ,ibyo byatumye akangukira...

IBIGO BY’IMARI N’AMABANKI

Gisagara: Umusaza w’imyaka 67 yahawe igihembo kuko akorana neza na Sacco

Rwinturo Benoît w’imyaka 67 utuye mu murenge wa Musha mu karere ka Gisagara yashimiwe kuba yarahize abandi banyamuryango gukoresha konti ye kuko...

Ku bufatanye na I&M Bank, BCR imaze kugaba amashami 55 muri EAC

Nyuma yo kugirana ubufatanye na Banki yo muri Kenya yitwa I&M Bank, ubu Banki y’Ubucuruzi y’u Rwanda (BCR) imaze gufungura amashami 55...

Rubavu : Cogebanque yatangiye abaturage batishoboye miliyoni 1,5 muri Mitiweli

Cogebanque yashyikirije ubuyobozi bw’Akarere ka Rubavu sheki y’amamfaranga y’amafaranga y’u Rwanda angana na 1,500,000 azafasha abaturage batishoboye...

AfDB igiye gufasha u Rwanda mu guteza imbere umurimo

Inama Nkuru ya Banki Nyafurika Itsura Amajyambere (AfDB) yateranye ku wa 3 Werurwe 2013, yemeje kuzatanga amadolari ya Amerika angana na miliyoni...

Haracyari imyumvire mike ku by’Umurenge SACCO

Nk’uko itangazamakuru dukesha iyi nkuru, Izuba Rirashe igihe cyaganiraga na bamwe mu baturage batandukanye ku by’Umurenge Sacco, benshi muri bo...



TUKUGIRE INAMA

Inama za Bill Gates, umuherwe wambere ku isi

Mu gihe Bill Gates hari umunyeshuri muri kaminuza ya Harvard, yabwiye abarimu bamwigishaga ko azaba umumiliyoneri (afite miliyoni y’amadorali)...

Uburyo budahwitse bwo gukoresha amafaranga yawe

Uburyo ukoresha amafaranga yawe bishobora kukugiraho ingaruka nziza cyangwa mbi. Kandi ibyo utekereza ko bikongerera ibyishimo (imodoka nshya,...

Dore impamvu ugomba kwiga igiswahili mu gihe ukora business

Igiswahili ni ururimi rukoreshwa cyane mu ihembe rya Afurika y’iburasirazuba Igiswahili gikoreshwa muri Tanzaniya,Kenya,Uganda,Repuburika...

Dore inama 5 zafasha umuntu ufite igitekerezo cyo gushaka ariko akaba afite amafaranga make ngo akore ishyingiranwa.

Ushobora kuba ushaka gushaka ariko kubona amafaranga ahagije bikakubera imbogamizi? Dore icyo ukwiye kuzirikana; kugira ngo ishyingiranwa rizabe...

Icyo ubushakashatsi bwagaragaje

Ibintu 10 wakora kugira ngo ubone akazi

Bishobora kutworohera gucika intege mu gihe dushaka akazi ariko tukaba twarakabuze, mu gihe uba waramaze igihe kitari gito ujyana ibaruwa ndetse...

Ibintu 5 ukwiye kumenya ku masosiyete akora icyo bita Network Marketing

Network marketing ni amagambo y’icyongereza yerekeza ku ku buryo amasosiyete akoresha abantu bayafasha kugeza ku bakiriya babo ibicuruzwa byayo...

Ni gute wahitiramo umwana wawe iby’akwiye kwiga?

Muri iki gihe usanga abantu barize ibintu bitandukanye ariko bikaba bitabafasha kubona umugati mugihe batabonye akazi muri leta, bikaba...

Urutonde rwa Business 10 watangiza mu mujyi wa Kigali ufite amafaranga guhera kuri 0 kugeza 500.000.

1. Take away restaurant:iyi restora ntabwo yagusaba gukodesha inzu,kugura intebe, amaze ndetse n’ibindi bategura mu nzu icururizwamo amafunguro....



TUMENYE N’IBI

Uburyo wakoresha modem 1 kuri computer 2 zitandukanye mu gihe ukora business.

Kenshi cyane abantu bakenera gukoresha internet kandi nyamara barimo gukoresha 1 gusa ariko bakabura uko babigenza. Urubuga rwanyu mukunda cyane...

Mumias: Kamwe mu turere tw’ibyaro bya Kenya wakoreramo business zitandukanye zigatera imbere

Mumias ni umugi uherereye mu Burengerazuba bw’igihugu cya Kenya. Uyu mugi muto ufite abaturage bangana na 34.000. Umugi wa Mumias ni umugi...

Imyitwarire igomba kukuranga mu gihe ukoresha telefone mobile yawe

Imyitwarire igomba kukuranga mu gihe ukoresha telefone mobile yawe Muri iki gihe mobile zisigaye ziri ahantu hose abantu benshi bazifite kubera...

DUSANGE KURI FACEBOOK